Muri iki gihe turimo ikoranabuhanga cyane cyane imbugankoranyambaga ni uburyo busigaye bwifashwishwa mu itumanaho n’abantu benshi mu ngeri zose zitandukanye, imbuga zimeze nk’izatwaye imitima ya benshi harimo Facebook, Watsapp hamwe na Twitter.
ku bakoresha watsapp hari igihe umuntu akwandikira ubutumwa ariko akaza kubusiba bitewe n’impamvu ze bwite wowe wandikiye utigeze umenya ibi bigutera amatsiko yo kumenya icyo yari yakwandikiye, ariko ukabiburira ibisubizo, aha rero twagerageje ku bashakira igisubizo kirambye cy’uburyo ushobora gusoma message wandikiwe ariko ikaza gusibwa utarayisoma.
nta bundi buryo wifashisha uretse application yitwa antidelete
reba hasi muri videwo uburyo ushobora kuyikoresha maze ukajya usoma ibyo wandikiwe ariko bikaza gusibwa
yanditswe na Biseruka jean d’amour
